Korali Shalom yo muri ADEPR Nyarugenge yishyuriye ikiguzi cy’ubuvuzi abarwayi 13 bari babuze ubushobozi bwo kwishyura, ndetse itanga n’ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), mu rwego rwo gufasha ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko yiteze ko Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere (African School of Governance–ASG) riri i Kigali rizagira uruhare mu gutegura abayobozi bafite ubushobozi bwo guhangana ...
Édouard Balladur, wari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2026, i Paris, afite imyaka 97. Urupfu rwe rusize amateka ...
Mu Rwanda habarirwa Inkiko z’Ibanze 41 ziri hirya no hino mu gihugu, zikaba zifite ububasha bwo kuburanisha imanza mbonezamubano zaba izivuye mu Bunzi n’iziregerwa izo nkiko ku buryo butaziguye. Mu ...
Ubucamanza mu Rwanda bumaze igihe bukoresha uburyo bw’imirongo yatanzwe n’inkiko nkuru hagamijwe gukemura ibibazo cyangwa imanza zakiriwe. Ubusanzwe, imirongo y'inkiko yashyizweho cyera, ariko mu ...
Mu gihe habura amasaha macyeya gusa kugira ngo ibirori byo Kwita Izina biteganyijwe ku wa Gatanu tariki 4 Nzeri 2026, bitangire, hari bamwe mu bashyitsi bamaze kugera mu Rwanda baje kubyitabira, ...
Igitaramo cya Diamond Platnumz cyabereye muri BK Arena ku wa 29 Kanama cyari cyitezwe nk’umwanya w’imyidagaduro, ariko mbere y’uko umuziki uba inkuru, imyambarire y’abari baje kureba igitaramo ni yo ...