Shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda, BK Pro League 2026-2027 yatangiye mu mpera z'iyumweru gishize hakinwa umunsi wa mbere, maze amakipe ya Kiyovu Sports, Police FC na Kigali FC aratungurwa.
Ikipe ya APR FC yatsinzwe na Les Aigles du Congo igitego kimwe ku busa mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League, wabereye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biyisiga ...
Muri gahunda y’amasengesho ihurirwamo n’abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu, abayobozi b’amadini n’amatorero, itegurwa n’Umuryango witwa ‘Rwanda Leaders Fellowship (RLF)’ Pasiteri James Muyango, umwe ...
Mu Rwanda habarirwa Inkiko z’Ibanze 41 ziri hirya no hino mu gihugu, zikaba zifite ububasha bwo kuburanisha imanza mbonezamubano zaba izivuye mu Bunzi n’iziregerwa izo nkiko ku buryo butaziguye. Mu ...
Mu Murenge wa Bumbogo, mu Karere ka Gasabo, abaturage, abayobozi ndetse n’abagize Itorero Anglican mu Rwanda bahuriye mu gikorwa cyo gukangurira urubyiruko n’abaturage muri rusange kwirinda ...
Ubucamanza mu Rwanda bumaze igihe bukoresha uburyo bw’imirongo yatanzwe n’inkiko nkuru hagamijwe gukemura ibibazo cyangwa imanza zakiriwe. Ubusanzwe, imirongo y'inkiko yashyizweho cyera, ariko mu ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko yiteze ko Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere (African School of Governance–ASG) riri i Kigali rizagira uruhare mu gutegura abayobozi bafite ubushobozi bwo guhangana ...
Korali Shalom yo muri ADEPR Nyarugenge yishyuriye ikiguzi cy’ubuvuzi abarwayi 13 bari babuze ubushobozi bwo kwishyura, ndetse itanga n’ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), mu rwego rwo gufasha ...
Mu gihe habura amasaha macyeya gusa kugira ngo ibirori byo Kwita Izina biteganyijwe ku wa Gatanu tariki 4 Nzeri 2026, bitangire, hari bamwe mu bashyitsi bamaze kugera mu Rwanda baje kubyitabira, ...
Igitaramo cya Diamond Platnumz cyabereye muri BK Arena ku wa 29 Kanama cyari cyitezwe nk’umwanya w’imyidagaduro, ariko mbere y’uko umuziki uba inkuru, imyambarire y’abari baje kureba igitaramo ni yo ...
Édouard Balladur, wari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2026, i Paris, afite imyaka 97. Urupfu rwe rusize amateka ...
Ikipe ya Sabah FK yo muri Azerbaijan ikinamo Umunyarwanda Joy Lance Mickels yabonye itike yo gukina icyiciro cya League Phase cyahoze ari amatsinda nyuma yo gusezerera Hapoel ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results