‎Ikipe ya APR FC yatsinzwe na Les Aigles du Congo igitego kimwe ku busa mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League, wabereye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biyisiga ...
Korali Shalom yo muri ADEPR Nyarugenge yishyuriye ikiguzi cy’ubuvuzi abarwayi 13 bari babuze ubushobozi bwo kwishyura, ndetse itanga n’ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), mu rwego rwo gufasha ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko yiteze ko Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere (African School of Governance–ASG) riri i Kigali rizagira uruhare mu gutegura abayobozi bafite ubushobozi bwo guhangana ...
Ikipe ya Kawempe Muslim Ladies FC yegukanye Igikombe cya CAF Women’s Champions League CECAFA Qualifiers 2026 yaberaga mu Rwanda itsindiye Kenya Police Bullets FC igitego 1-0 ku mukino wa nyuma ...
Édouard Balladur, wari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2026, i Paris, afite imyaka 97. Urupfu rwe rusize amateka ...
Mu Rwanda rwa cyera, ubukwe bwari igikorwa cy’abagize imiryango yombi n’abaturanyi kurusha uko bwari ibirori byagutse byo kwerekana ubuzima bw’umukwe n’umugeni. Iby’ingenzi byari gusaba, gukwa, guhuza ...
Minisitiri w'Uburezi, Joseph Nsengimana, amaze gutangaza ko abanyeshuri 7, 188 ari bo barimo gukorwaho iperereza ko bakopeye ibizamini bya Leta. Minisitiri Nsengimana yavuze ko mu gukeka ko bakopeye ...
Muri gahunda y’amasengesho ihurirwamo n’abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu, abayobozi b’amadini n’amatorero, itegurwa n’Umuryango witwa ‘Rwanda Leaders Fellowship (RLF)’ Pasiteri James Muyango, umwe ...
Mu Rwanda habarirwa Inkiko z’Ibanze 41 ziri hirya no hino mu gihugu, zikaba zifite ububasha bwo kuburanisha imanza mbonezamubano zaba izivuye mu Bunzi n’iziregerwa izo nkiko ku buryo butaziguye. Mu ...
Ikipe ya Sabah FK yo muri Azerbaijan ikinamo Umunyarwanda Joy Lance Mickels yabonye itike yo gukina icyiciro cya League Phase cyahoze ari amatsinda nyuma yo gusezerera Hapoel ...
Mu Murenge wa Bumbogo, mu Karere ka Gasabo, abaturage, abayobozi ndetse n’abagize Itorero Anglican mu Rwanda bahuriye mu gikorwa cyo gukangurira urubyiruko n’abaturage muri rusange kwirinda ...
Ubucamanza mu Rwanda bumaze igihe bukoresha uburyo bw’imirongo yatanzwe n’inkiko nkuru hagamijwe gukemura ibibazo cyangwa imanza zakiriwe. Ubusanzwe, imirongo y'inkiko yashyizweho cyera, ariko mu ...