Mu masengesho yagenewe abayobozi bakiri bato azwi nka ‘Young Leaders Prayer Breakfast’, yateguwe n’umuryango wa Rwanda Leaders Fellowship, yabaga kuri iki cyumweru tariki 6 Nzeri 2026, akitabirwa na ...
Mu Rwanda habarirwa Inkiko z’Ibanze 41 ziri hirya no hino mu gihugu, zikaba zifite ububasha bwo kuburanisha imanza mbonezamubano zaba izivuye mu Bunzi n’iziregerwa izo nkiko ku buryo butaziguye. Mu ...
Mu Murenge wa Bumbogo, mu Karere ka Gasabo, abaturage, abayobozi ndetse n’abagize Itorero Anglican mu Rwanda bahuriye mu gikorwa cyo gukangurira urubyiruko n’abaturage muri rusange kwirinda ...
Ubucamanza mu Rwanda bumaze igihe bukoresha uburyo bw’imirongo yatanzwe n’inkiko nkuru hagamijwe gukemura ibibazo cyangwa imanza zakiriwe. Ubusanzwe, imirongo y'inkiko yashyizweho cyera, ariko mu ...
Kuri uyu wa Gatanu ikipe ya Rayon Sports yanganyirije na Panthere du Nde muri Cameroon igitego 1-1 mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup 2026-2027 yatangiye bamwe mu bakinnyi ...
Korali Shalom yo muri ADEPR Nyarugenge yishyuriye ikiguzi cy’ubuvuzi abarwayi 13 bari babuze ubushobozi bwo kwishyura, ndetse itanga n’ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), mu rwego rwo gufasha ...
Édouard Balladur, wari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2026, i Paris, afite imyaka 97. Urupfu rwe rusize amateka ...
Ikipe ya Kawempe Muslim Ladies FC yegukanye Igikombe cya CAF Women’s Champions League CECAFA Qualifiers 2026 yaberaga mu Rwanda itsindiye Kenya Police Bullets FC igitego 1-0 ku mukino wa nyuma ...
El Niño ni ibihe biterwa n’ubushyuhe budasanzwe bw’amazi yo mu Nyanja ya Pacifique, bushobora guteza imihindagurikire y’ikirere. Muri Afurika, ishobora gutera amapfa mu bice bimwe, mu gihe ahandi ...
Ikipe ya Sabah FK yo muri Azerbaijan ikinamo Umunyarwanda Joy Lance Mickels yabonye itike yo gukina icyiciro cya League Phase ...
Perezida Paul Kagame yabwiye abanyamakuru ko mbere y'uko abantu batekereza ku bacuruzi b'inzoga zitujuje ubuziranenge, bakwiye kubanza kwibaza ubuzima bw'abanywa izo nzoga, bikabagiraho ingaruka, ...
Musonga Isimbi Olla wiga ku ishuri rya FAWE Girls School ndetse na Uwamariya Leontine wiga ku ishuri ISF Nyamasheke, ni bo baje ku mwanya wa mbere, mu batsinze ibizamini by'Amashuri yisumbuye, ...